
Click here to read this page in English
Turaguha amahirwe 2 kugira ngo utangirane intsinzi kuri betPawa. Ni byo: ipari yawe ya mbere nidatsinda, turagusubiza 100% y’ayo wateze kugeza kuri RWF 5OO, ukabona andi mahirwe yo gutsinda.
Iyi poromosiyo igenewe abakiliya bose bo mu Rwanda bafungura konti ya betPawa hagati ya tariki 29/8/2023 na 31/12/2023. Ipari yawe ya mbere ku mikino isanzwe cyangwa kuri Virtuals niyo yemerewe iyi poromosiyo, niba wateze mu gihe cya poromosiyo kandi mugihe kitaregeje iminsi 14 ubikije bwa mbere. Tugusubiza ayo wateze nyuma gato y’uko ipari yawe isojwe niba yatsinzwe, ukazaba ufite igihe cy’iminsi 14 cyo gukoresha ayo wasubijwe.





Iyi poromosiyo igenewe buri mukiliya mushya ufunguye konti muri betPawa Rwanda akanatega bwa mbere hagati ya tariki 29/8/2023 na 31/12/2023 (“Igihe cya Poromosiyo”)
Iyi poromosiyo itangwa rimwe gusa kuri buri mukiliya mushya wa betPawa Rwanda: kugerageza gufungura konti nyinshi ku muntu umwe kugira ngo abone izindi poromosiyo byatuma konti zifungwa burundu
Ugomba gufungura konti yawe ukanabitsa amafaranga mbere gukora ipari yemererwa poromosiyo, kandi intambwe zose zigomba gukorwa mu gihe cya Poromosiyo
Ipari yemererwa poromosiyo ishobora kuba iyakozwe mbere y’umukino cyangwa umukino urimo kuba, ku mikino isanzwe cyangwa kuri Virtuals kandi ikaba yarakozwe mugihe kitaregeje iminsi 14 ubikije bwa mbere
Nta mafaranga make ntarengwa, imikino cyangwa ibikubo bisabwa kugira ngo ipari yemererwe poromosiyo
Nta kundi usabwa guhitamo kugira ngo ujye muri iyi poromosiyo: ipari ya mbere ikozwe ku mikino isanzwe cyangwa kuri Virtuals nyuma yo kubitsa amafaranga izaba yemerewe poromosiyo, igihe cyose wateze mu gihe cya poromosiyo
Ipari ya mbere yonyine nyuma yo kubitsa amafaranga ni yo yemererwa poromosiyo; niba ipari yemerewe yamaze gukorwa, ntiyasubizwa inyuma cyangwa ngo ihindurwe mu buryo ubwo ari bwo bwose
Ipari yawe yemerewe poromosiyo nitsindwa, tuzashyira kuri konti yawe ya betPawa 100% y’ayo wateze, agera kuri RWF 500
Amafaranga ashyirwa kuri konti ya betPawa akanya gato nyuma y’uko ipari isojwe (mu masaha make aho bishoboka)
Iyo ipari yemerewe poromosiyo yasabiwe Cashout, ntabwo iba icyemerewe poromosiyo, kuko ipari yawe itaba yasojwe nk’iyatsinzwe
Iyo ipari yawe ya mbere ituzuje ibisabwa, utakaza uburenganzira bwo kujya muri poromosiyo
Igihembo cyawe kigaragara muri statement ya konti yawe ya betPawa (nyura kuri https://www.betpawa.rw/statements wamaze kwinjira muri konti yawe) nka “First Bet Refund”
Wakoresha ayo mafaranga wahembwe kuri servisi zose za betPawa mu gihe cy’iminsi 14 ubaze uhereye igihe yashyiriwe kuri konti yawe
Ayo mafaranga nutayakoresha azata igihe nyuma y’iminsi 14 anakurwe kuri konti yawe ya betPawa adasubizwa
Niba ipari yawe yemerewe poromosiyo iburijwemo, urugero; nk’igihe umukino wasubitswe, usubizwa ayo wateze kuri iyo pari bijyanye n’amategeko ya betPawa; iyo bigenze bityo ntihabaho gusubizwa muri poromosiyo kwa konti yawe, guhabwa igisimbura ayo mafaranga cyangwa guhabwa andi mafaranga ayo ari yo yose
Ugomba kuba ufite nibura imyaka 18 kugira ngo utege hamwe na betPawa unakoreshe iyi poromosiyo
Dufite uburenganzira bwo guhindurira amategeko cyangwa gukuraho iyi poromosiyo igihe icyo ari cyo cyose mutabanje kubimenyeshwa
/rfb-rules