Abakoresha MTN kuri ubu barimo guhabwa 50MB za data z’ubuntu zo gukoresha kuri betPawa buri munsi

_990x272_LP.jpg


Iwabo w’INTSINZI ubu noneho habaye iwabo wo gutega udakoresheje mega zawe. Turimo guha abakiliya ba betPawa bashya ndetse n’abasanzwe bakoresha MTN 50MB z’ubuntu zo gukoresha ku rubuga rwacu no kuri app buri munsi kugeza kuri 30/4/2025.


Ntukeneye kubyemeza: birikora ako kanya. Wowe jya ku rubuga, ushakishe, utege make ku Mikino, Virtuals  ndetse unakine Pawa6 nk’ibisanzwe ibya data ubiturekere.


Aho izi 50MB za data z’ubuntu zitakora ariko kuri ubu, ni kuri Casino ya betPawa kubera imiterere ya sisitemu ya tekiniki, ariko na byo turimo kubikoraho.



Amategeko n’amabwiriza


  1. Choplife Gaming Limited, ikora nka betPawa (“betPawa”), izatanga iyi poromosiyo guhera kuwa mbere kuri 14/Mata kugeza kuri 30/4/2025.

  2. Niba uri umukiliya wa betPawa mu Rwanda wiyandikishije kuri betPawa ukoresheje numero ya MTN, 50MB za data za mbere uzajya ukoresha kuri betPawa buri munsi ntizizajya zikurwa kuri data zawe usanganywe

  3. Ibi bikora ku gice icyo ari cyo cyose cy’urubuga rwa betPawa Rwanda ndetse na app uretse Casino ya betPawa

  4. Ntukeneye kwemeza iyi  poromosiyo cyangwa ngo ube ufite ipaki ya data ikora kuri telefone yawe

  5. Ipaki ya data ya 50MB y’ubuntu ya betPawa isubira kuri 50MB buri munsi saa 12:00 z’ijoro(UTC+2); data zasigaye zidakoreshejwe ku munsi wabanje ntizishobora kwiyongera ku z’uwundi munsi

  6. N’ubwo atari kenshi byashoboka ko ukoresha data zirenze 50MB kuri betPawa ku munsi, izirenga kuri 50MB z’ubuntu zizajya kurwa ku ipaki ya data ufite, cyangwa niba ntazo usigaranye, ntuzabasha gukoresha urubuga utaguze izindi data cyangwa kugeza 50MB z’umunsi ukurikiyeho zitangiye gukora saa 12:00 z’ijoro (UTC+2)

  7. betPawa yihariye uburenganzira bwo guhindura, guhagarika by’igihe gito cyangwa gukuraho burundu iyi serivisi nta nteguza

  8. Ugomba kuba wujuje nibura imyaka 18  kugira ngo utege kuri betPawa kandi unakoreshe iyi poromosiyo; gutega utarageza imyaka yagenwe ni icyaha gihanirwa n’amategeko

  9. Igihe winjiye muri iyi poromosiyo, uba wemeje ko wemeranya n’aya mategeko n’amabwiriza ndetse n’Amategeko n’amabwiriza rusange ya betPawa

Back to top
Not logged in-Join NoworLogin